kurandura igwingira mu bana byahawe umwihariko mu cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana cya 2025

Icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n'umwana, muri uyu mwaka wa 2025 (Maternal & Child Health week 2025) cyahawe umwihariko wo kurandura igwingira mu bana, nk'uko biri mu nsanganyamatsiko igira iti “HEHE N’IGWINGIRA: Twite ku buzima bw’umubyeyi utwite, umwana, umwangavu, imirire n’isuku, dukingiza inkingo zose,” Ni icyumweru, ku rwego rw'igihugu,  cyatangirijwe mu karere ka Gasabo, Umurenge wa...

U Rwanda rugiye gutangira gukoresha imiti mishya ivura Malaria

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko kuva kuri uyu wa mbere, tariki 6 Mutarama 2025, mu bitaro byo mu gihugu hatangira koherezwa imiti ibiri mishya ivura malaria, mu rwego rwo kunganira uwarusanzwe ukoreshwa wa Coartem. Iyo miti ni uwitwa dihydroartemisinin-piperaquine (DHAP), ndetse na artesunate-pyronaridine (ASPY). Yombi yemewe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Perezida Kagame yifatanyije mu kababaro n’imiryango y’abishwe na Marburg

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko igihugu cyifatanyije mu kababaro n'imiryango y'abahitanywe n'icyorezo cya Maburg. Yabigarutseho mu ijambo rye risoza umwaka wa 2024. Ku wa 27 Nzeri 2024 ni bwo mu Rwanda hagaragaye virusi ya Maburg, kuri ubu itakirangwa mu gihugu, ariko yasize itwaye ubuzima bw'Abaturarwanda 15 muri 66 bari bayanduye. Perezida Kagame yavuze...

Weather

- Advertisement -

Must Read