Calculating Your Body Mass Index

  How to calculate your Body Mass Index (BMI)   Many people do not know how to calculate their BMI (Body Mass Index). The Body Mass Index (BMI) is a measure of whether your weight is at a healthy level for your height. Understanding BMI By dividing your weight by your height, BMI calculates the range of weight in...

Sobanukirwa indwara ya Ectopia cordi

Indwara ya (ectopia cordi) ni indwara idasanzwe ibaho umwana akivuka, aho umutima uba hanze y’igituza (thorax), mugihe uba wakagombye kuba imbere mu gituza nk'uko bisanzwe. Iyi ndwara iterwa n’iki? Iyi ndwara iterwa n’ikibazo kibaho mu gihe umwana akiri urusoro (embryo: ni ukuvuga mumezi atatu yambere yo kwiremarema kwe munda ya nyina) aho igice cy’igituza (sternum) kidafunga...

A syringe factory in Rwanda have been opened recently.

Minister of Health, Dr. Nsanzimana Sabin, officially opened a syringe factory that is capable of producing millions of syringes per day. This factory will supply syringes in the country and neighboring countries. This factory is located in Mwulire economic zone in Rwamagana district and it was officialy opened on 1st April 3, 2025. It was constructed...

11 Awesome Benefits of Stretching

Khloe Kardashian has been hitting the gym hard and has not been letting herself slack, no matter what is going on in her life, as well as making sure that she sticks to a very strict diet. Khloe has since gone on to lose around 35lbs. "Khloe gives as much to the gym as the...

Abajyanama b’ubuzima bagiye guhabwa ikoranabuhanga rizabafasha gutahura abarwaye igituntu hakiri kare

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) gishimira abajyanama b’ubuzima ku ruhare rwabo mu rugendo rwo kurandura indwara y’igituntu, igashimangira ko bagiye kugezwaho ikoranabuhanga rizafasha mu kurushaho kumenya abafite iyi ndwara hakiri kare. Imibare ya RBC igaragaza ko mu barwayi 8,551 bapimwe bagasanga barwaye igituntu, mu mwaka w’imihingo 2023-2024, abagera ku 2,685 bangana na 31.4% boherejwe kwa muganga...

Mu Rwanda abantu basaga 8,000 barwaye igituntu mu mwaka umwe

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) igaragaza ko mu mwaka w’imihigo wa 2023-2024, abantu 8,551 basuzumwe bagasanga barwaye igituntu. Ni imibare RBC yagarutseho kuri uyu wa Mbere, tariki 24 Werurwe, mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Igituntu. Uyu munsi wizihirijwe mu karere ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, ku nsanganyamatsiko igira iti ‘Dufatanye turandure igituntu’. RBC ivuga...

Kutivuza indwara zo mu kanwa bishobora gutera umutima na Diyabete

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kirashishikariza abaturage kwisuzumisha no kwivuza indwara zo mu kanwa hakiri kare kuko iyo zitavuwe zishobora gutera izindi ndwara zikomeye, zirimo iz'umutima na Diyabete. RBC yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki 20 Werurwe, mu birori  byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wo kwita ku buzima bwo mu kanwa. Uyu mwaka, uyu munsi wahawe insanganyamatsiko...

Kicukiro: Kurwanya Malaria byibanzweho mu muganda rusange wa Gashyantare

Gusibura imiyoboro y’amazi no gusiba ibinogo birekamo amazi, ni kimwe mu bikorwa Akarere ka Kicukiro kibanzeho mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare 2025, wabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki 22. Uyu muganda wakorewe mu gishanga gihuriweho n’Umurenge wa Kanombe n’uwa Niboye. By’umwihariko, uyu murenge wa Kanombe, ukaba ari umwe mu yiganjemo Malaria, nk’uko...

iCLM: Umuyoboro witezweho kunoza serivisi z’ubuvuzi bwa Virusi itera SIDA, Igituntu na Malaria

Ihuriro ry’Imiryango Nyarwanda itari iya Leta ikora ku kurwanya Virusi itera SIDA no Guteza imbere ubuzima (Rwanda NGOs Forum on HIV/AIDS and Health Promotion), ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), ku nkunga ya Global Fund, batangije umuyoboro w’ikoranabuhanga bise iCLM uzatuma abaturage babasha gutanga ibitekerezo kuri serivisi z'ubuvuzi bahabwa ku ndwara ya Virusi itera...

Kwemerera abafite imyaka 15 kwifatira icyemezo kuri serivisi z’ubuzima : imwe mu ngingo ziri mu itegeko Abadepite batangiye kuganiraho

Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage, mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, batangiye gusuzuma mu mizi umushinga w’itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi mu Rwanda. Ishingiro ry'uyu mushinga ryemejwe ku wa 5 Ugushyingo 2024. Ingingo ijyanye no kwemerera ingimbi n’abangavu, bafite imyaka 15 kuzamura, kuba bakwifatira icyemezo ku bijyanye na serivisi z’ubuzima zitangirwa kwa muganga, ni imwe mu...

Weather

- Advertisement -

Must Read