Minisante yashimangiye ko Virusi ya Marburg itakwiriye mu gihugu

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko kugeza ubu, ibipimo bibereka ko virusi ya Marburg itakwiriye mu gihugu. Mu butumwa Minisante itanga buri munsi, bugaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze mu gihugu, ubuheruka bwo ku mu goroba wo ku wa Kane tariki 10 Ukwakira 2024 harimo ko ‘Kuva hatangazwa ko indwara ya Marburg yageze mu...

Mental health among employees: RBC calls for the establishment of health committees in institutions

The Rwanda Biomedical Center (RBC) is calling for the creation of health committees in institutions, where possible, in order to address mental health issues among employees. On Thursday, October 10, 2024, Rwanda joined other countries around the world in celebrating World Mental Health Day. This year, the day was given special attention to mental health in...

Ubuzima bwo mu mutwe mu bakozi: RBC irifuza ko hajyaho Komite zishinzwe ubuzima mu bigo

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC gisaba ko mu bigo, aho bishoboka, hajyaho za komite zishinzwe ubuzima, mu rwego rwo guhangana n’ibibazo byo mu mutwe mu bakozi. Kuri uyu wa Kane, tariki 10 Ukwakira 2024, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu by’Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kwita ku buzima bwo mu mutwe. Uyu mwaka, uyu munsi wahawe umwihariko wo...

Impamvu yemewe, muganga wemewe, ahantu hemewe, igihe inda ifite: ibintu bine ugomba kuzirikana mbere yo gusaba gukurirwamo inda

Mu Rwanda, kugira ngo umugore cyangwa umukobwa ahabwe serivisi yo gukuramo inda mu buryo bwizewe kandi bwemewe n’amategeko (Safe abortion) ni uko aba ari mu byiciro bitanu by’abo itegeko ryemerera guhabwa iyo serivisi; akabikorerwa na muganga wemewe na Leta; bigakorerwa ku kigo cy’ubuvuzi cyemewe kandi iyo nda ashaka gukuramo ikaba itarengeje igihe cyagenwe n’amategeko....

RGB yashyizeho amabwiriza yo gukumira virusi ya Marburg mu nsemgero no mu misigiti

Urwego rw'Igihugu rw'Imiyoborere(RGB), rwashyizeho amabwiriza yo gukumira ikwirakwira ya virusi ya Marburg mu nsemgero no mu misigiti. Ni mu itangazo uru rwego rwashyize hanze kuri iki Cyumweru tariki 6 Ukwakira 2024. Muri ayo mabwiriza harimo ko abantu bose binjira mu nsengero no mu misigiti bagomba gupimwa umuriro. Insengero n'imisigiti kandi bigomba gushyiraho uburyo bwo gukaraba intoki hifashishijwe ...