Ibintu birindwi ukwiye kwitaho mu gihe ukoresha agakingirizo

Agakingirizo ni bumwe mu buryo bwo kuboneza urubyaro, ariko kakagira n’umwihariko wo kurinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina,zirimo na Virusi itera SIDA. Ishami ry’umuryango w’Ababumbye ryita ku buzima ku Isi, OMS/WHO rigaragaza ko kuva mu 1990, ikoreshwa ry’agakingirizo ryagize uruhare mu gukumira ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA ku bantu miliyoni 117. Mu gihe gakoreshejwe neza...

Ushobora kubyara abana b’impanga badahuje Se – Ubushakashatsi

Kubyara abana b’impanga ni ibintu bimenyerewe mu Rwanda ndetse no ku Isi yose. Ariko hari abibaza uko bigenda ngo umugore abyare abana b’impanga. Ese ni nde ubigiramo uruhare hagati y’umugore n’umugabo! Urabizi se ko ushobora kubyara impanga zidahuje Se! Ni ukuvuga umwana umwe akaba afite Se n’undi afite Se! Ese hari ibintu runaka byongera...

Kurangiza vuba: Ni nde ukeneye muganga ?

Iminota umugabo amara atera akabariro mbere yo gusoza icyo gikorwa, ni ingingo igarukwaho cyane mu biganiro bitandukanye, yaba ibinyura mu itangazamakuru ry’amajwi cg amashusho, iryandika , ku mbuga nkoranyambaga, ndetse no mu biganiro mu matsinda. Ni ingingo ariko itajya ibonerwa igisubizo gihuriweho ku cyitwa Kurangiza vuba, ibizwi mu rurimi rw’Icyongereza nka ‘Premature ejaculation, cg se...

Kwanduza cyane no kuzahazwa n’indwara z’ibyuririzi: Ingaruka ku bantu bafite Virusi itera SIDA batabizi

Inzobere mu buzima bw’imyororokere zishishikariza abaturage batinya kwipimisha Virusi itera SIDA gutinyuka bakamenya uko bahagaze, kuko kubaho ufite iyi virusi utabizi bituma uyikwirakwiza byihuse kandi nawe ukazahazwa n’indwara z’ibyuririzi.  Kwisuzumisha Virusi itera SIDA ni bwo buryo bwonyine bufasha umuntu kumenya uko ahagaze ku bijyanye n’iki cyoreza ; yasanga ari muzima agafata ingamba zo gukomeza kwirinda ; yasanga...

Ibiribwa ukwiye kurya n’ibyo ugomba kureka mu gihe uri mu mihango

Hari abakobwa n'abagore batajya bifuza ko itariki yo kujya mu mihango yagera. ibyo, bigaterwa nuko iyo bagiye mu mihango bagira ububabare bukabije. Bamwe, bafata umwanzuro wo gufata imiti igabanya ububabare. Ariko se iyo miti wahora uyifata! Nubwo bidasobanuye ko ibi biribwa tugiye kubona byakiza ubwo bubabare 100%, ubushakashatsi bwagaragaje ko byagufasha kwirinda guhora ufata iyo...

Ububabare bukabije mu gihe cy’imihango: Ni ryari ukwiye kujya kwa muganga!

Kujya mu mihango; abandi banabyita kujya imugongo; hari n’ababyita kujya mu kibada, ni ubuzima ngaruka kwezi buri  mugore n’umukobwa wese udafite ikibazo cy’ubuzima agomba gucamo. Ni igihe ariko bamwe badashobora gukumbura bitewe n’ububabare bagira muri icyo gihe. Ese kugira ububabare bukabije mu gihe cy’imihango biterwa n’iki? Ni bande se bafite ibyago byinshi byo kugira ubwo...

Weather

- Advertisement -

Must Read