Ngoma: Ba Mudugudu n’Inshuti z’Umuryango biyemeje gukumira GBV bahereye mu ngo zabo
Bamwe mu bayobozi b'imidugudu n'inshuti z'umuryango bo mu karere ka Ngoma, mu murenge wa Kibungo biyemeje kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bahereye mu ngo zabo.
Ni nyuma y'ibiganiro bahawe muri gahunda y'iminsi 16 yahariwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina, byateguwe ku bufatanye bw'Akarere ka Ngoma n'umuryango Réseau des Femmes na Rwamrec, kuwa...
Marburg: Iminsi 21 irashize nta bwandu bushya bubonetse
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 21 nta muntu wanduye virusi ya Marburg cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje.
Minisante yabitangaje kuwa Gatanu tariki 15 Ukwakira 2024, binyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo.
Ni itangazo rigaragaza amakuru mashya kuri virusi ya Marburg, kuva tariki 15-22 uku kwezi.
Iyi minisiteri ivuga ko kandi hashize...
Marburg: Iminsi 14 irashize nta bwandu bushya bubonetse
Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 14 nta muntu wanduye virusi ya Marburg cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje.
Minisante yabitangaje mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 15 Ukwakira 2024, binyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo.
Ni itangazo rigaragaza amakuru mashya kuri virusi ya Marburg, kuva tariki 9-15 uku kwezi.
Iyi minisiteri ivuga...
Kuba ujya mu mihango ntibisobanuye ko ubyara — Inzobere mu kuvura abagore
Inzobere mu kuvura indwara z’abagore zivuga ko kuba umugore ajya mu mihango bidasobanuye ko abyara, bityo ko umaze igihe kinini gusama byaranze yajya kwa muganga bakareba ikibitera.
Ni mu gihe hari abagore bavuga ko bamaze imyaka ibiri gusama byaranze, nyamara bumva ko nta kibazo bafite kuko bajya mu mihango buri kwezi.
Uyu mugore twaganiriye wo mu...
Kuganiriza abana iby’imyororokere: Ababyeyi duhere he?
Abahanga mu buzima bw’imyororokere y’abantu bavuga ko ababyeyi bafite uruhare rukomeye mu kuganiriza abana babo ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, cyakora hari ababyeyi bavuga ko batabona aho bahera baganira kuri ibyo bita ‘urukozasoni’.
Impuguke mu buzima bw’imyororokere Dr. Anicet Nzabonimpa avuga ko guha abana amakuru yanyayo ajyanye n’ubuzima bw’imyororokere hakiri kare, ari ingenzi cyane mu kubarinda ingaruka...















