Kurengera umwana: Abagurisha TINERI kubana basabwe kubicikaho mbere yuko bafatirwa ibihano

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera umwana, NCDA, kivuga ko kizakomeza gukora ubukangurambaga kugira ngo abaha ‘Tineri’ abana babicikeho ariko hakaziyambazwa n’ibihano kubadashaka kubireka. 'Tinneur' ubundi ni ikinyabutabire abasiga amarangi bakoresha bayafungura kugira ngo afate neza ku nzu. Kuri aba bana, bazwi nka ‘Marine’ cyangwa se abana bo mu muhanda, bo bayikoresha nk’ikiyobyabwenge. Bifashisha uducupa twa...

Ntabwo wabyibuha utariye – Inzobere mu mirire

Inzobere mu mirire no kuboneza Imirire, Mfiteyesu Leah avuga ko nta muntu ubyibuha atariye ko ahubwo abantu bagomba kwita ku bwoko bw’ibiribwa barya n'uko bakoresha umubiri wabo. Kugabanya ingano y’ibiryo ni bumwe mu buryo, abashaka kugabanya ibiro twaganiriye, bavuga ko bakoresha nyamara ntibitange umusaruro. Uyu yagize ati "Sha nanjye ndi muri abo. Reba mbanabyutse njya...

Ibiribwa ukwiye kurya n’ibyo ugomba kureka mu gihe uri mu mihango

Hari abakobwa n'abagore batajya bifuza ko itariki yo kujya mu mihango yagera. ibyo, bigaterwa nuko iyo bagiye mu mihango bagira ububabare bukabije. Bamwe, bafata umwanzuro wo gufata imiti igabanya ububabare. Ariko se iyo miti wahora uyifata! Nubwo bidasobanuye ko ibi biribwa tugiye kubona byakiza ubwo bubabare 100%, ubushakashatsi bwagaragaje ko byagufasha kwirinda guhora ufata iyo...

Ububabare bukabije mu gihe cy’imihango: Ni ryari ukwiye kujya kwa muganga!

Kujya mu mihango; abandi banabyita kujya imugongo; hari n’ababyita kujya mu kibada, ni ubuzima ngaruka kwezi buri  mugore n’umukobwa wese udafite ikibazo cy’ubuzima agomba gucamo. Ni igihe ariko bamwe badashobora gukumbura bitewe n’ububabare bagira muri icyo gihe. Ese kugira ububabare bukabije mu gihe cy’imihango biterwa n’iki? Ni bande se bafite ibyago byinshi byo kugira ubwo...

Kugabanya Malaria ku gipimo cya 90%: Ni irihe banga abajyanama b’ubuzima bakoresheje?

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana , avuga ko abajyanama b’ubuzima bagize uruhare rukomeye mu gutuma Malaria igabanuka ku gipimo cya 90%.   Mu kiganiro abajyanama b’ubuzima bagiranye na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, tariki 15 Kamena 2024, Minisitiri Nsanzimana yagaragaje ko abajyanama b'ubuzima bagize uruhare mu guteza imbere ubuvuzi bw’ibanze mu myaka 30...