Ushobora kubyara abana b’impanga badahuje Se – Ubushakashatsi

Kubyara abana b’impanga ni ibintu bimenyerewe mu Rwanda ndetse no ku Isi yose. Ariko hari abibaza uko bigenda ngo umugore abyare abana b’impanga. Ese ni nde ubigiramo uruhare hagati y’umugore n’umugabo! Urabizi se ko ushobora kubyara impanga zidahuje Se! Ni ukuvuga umwana umwe akaba afite Se n’undi afite Se! Ese hari ibintu runaka byongera...

Kurangiza vuba: Ni nde ukeneye muganga ?

Iminota umugabo amara atera akabariro mbere yo gusoza icyo gikorwa, ni ingingo igarukwaho cyane mu biganiro bitandukanye, yaba ibinyura mu itangazamakuru ry’amajwi cg amashusho, iryandika , ku mbuga nkoranyambaga, ndetse no mu biganiro mu matsinda. Ni ingingo ariko itajya ibonerwa igisubizo gihuriweho ku cyitwa Kurangiza vuba, ibizwi mu rurimi rw’Icyongereza nka ‘Premature ejaculation, cg se...

Kutagaburira umwana amavuta bituma hari intungamubiri atabona

Inzobere mu mirire zigira inama ababyeyi kujya bashyira amavuta mu mafunguro bategurira abana babo kuko kutabikora bituma hari zimwe mu ntungamubiri z’ingenzi batabona kandi bariye ibiryo zirimo. Abaganga batanga inama ko umwana ugize amezi atandatu atangira gufata imfashabere kugira ngo yunganire intungamubiri akura mu mashereka. Mu mitegurire y’iryo funguro ry’umwana, hari ababyeyi bavuga ko atari...

Abaganga b’abagore barahamagarirwa kwinjira mu mwuga wo kuvura hifashishijwe kubaga

Urugaga rw’abaganga b’igitsina gore bakora umwuga wo kuvura bifashishije kubaga, Women in Surgery Rwanda (WiSR), rurahamagarira abaganga abagore n'abakobwa kwitabira uyu mwuga kuko kugeza ubu umubare wabo ukiri hasi cyane ugereranyije na bagenzi babo b'abagabo. Mu Rwanda, kugeza ubu hari abaganga bose hamwe 164 bakora umwuga wo kuvura bifashishije kubaga, muri bo, abagore ni 16....

Kwanduza cyane no kuzahazwa n’indwara z’ibyuririzi: Ingaruka ku bantu bafite Virusi itera SIDA batabizi

Inzobere mu buzima bw’imyororokere zishishikariza abaturage batinya kwipimisha Virusi itera SIDA gutinyuka bakamenya uko bahagaze, kuko kubaho ufite iyi virusi utabizi bituma uyikwirakwiza byihuse kandi nawe ukazahazwa n’indwara z’ibyuririzi.  Kwisuzumisha Virusi itera SIDA ni bwo buryo bwonyine bufasha umuntu kumenya uko ahagaze ku bijyanye n’iki cyoreza ; yasanga ari muzima agafata ingamba zo gukomeza kwirinda ; yasanga...