Kurandura Malaria: Akarere ka Gisagara kasabiwe umwihariko

Urugaga rw’Amadini n’Amatorero mu Kubungabunga Ubuzima (RICH), bavuga ko bari gukora ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gisagara gahabwe umwihariko mu bijyanye no kurwanya Malaria, ku buryo ibikorwa byo gutera umuti wica imibu itera iyi ndwara byakorwa inshuro ebyiri mu mwaka. Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima mu Rwanda (RBC) igaragaza ko indwara ya Malaria yagiye yiyongera cyane...

Iminsi 42 nta bwandu bushya: U Rwanda rwatsinze Marburg

Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda (Minisante) yatangaje, kuwa Gatanu tariki 20 Ukuboza 2024, ko U Rwanda rwatsinze icyorezo cya Maburg mu buryo budasubirwaho, nyuma yo kumara iminsi 42 yikurikiranya nta bwandu bushya bw'iyi virusi bubonetse mu gihugu. Amabwiriza y'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS) yagenaga ko ku gira ngo u Rwanda rwemeze ko...

Huye: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya SIDA

Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye bavuga ko ubu bahagurukiye kurwanya SIDA, birinda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.  Ikibazo cy’ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA, by’umwihariko mu rubyiruko, kiracyahangayikishije inzego z’ubuzima mu Rwanda. Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga ngaruka mwaka wo kurwanya SIDA, tariki ya 1 Ukuboza 2024, wizihirijwe mu karere ka Rubavu, Minisitiri w’ubuzima Dr....

End of 16 Days of Activism Against GBV: MIGEPROF Calls for Continued Efforts to Combat GBV

The Ministry of Gender and Family Promotion (MIGEPROF) has called for efforts to fight Gender-Based Violence (GBV) to continue even after the 16 Days of Activism, as the root causes of GBV have not yet been eradicated. The Director General in charge of Family Promotion and Child Protection at MIGEPROF highlighted this on Tuesday, December...

Abanyamakuru 9 bakoze inkuru nziza ku buzima bw’imyororokere bahembwe na HDI

Umuryango utari uwa Leta uharanira guteza imbere ubuzima bwiza mu Rwanda, HDI , wahembye abanyamakuru 9 bakoze inkuru zijyanye z’ubuzima bw’imyororokere, zahize izindi. Ni mu birori byabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki 13 Ukuboza 2024. Iki ni igikorwa HDI ikora buri mwaka, kuva muri 2016. Abahembwe bari mu byiciro bitatu ari byo: Radiyo,...