Ni ubuntu ! RBC yahamagariye Abaturarwanda kwipimisha indwara ya Hepatite B na C

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyahamagariye Abaturarwanda kwipimisha indwara y’umwijima (Hepatite), iterwa na virusi za B na C kandi ko kuyipimisha no kuyivuza "Ni ubuntu ku Banyarwanda n’impunzi zahungiye mu gihugu cyacu" Ni mu butumwa bwa video, RBC yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo aho ivuga ko kugeza ubu mu Rwanda "Miliyoni umunani z’Abanyarwanda, bari hejuru...

Mu Rwanda hagaragaye abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox)

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyemeje ko mu Rwanda hamaze kugaragara abarwayi babiri b'indwara y’ubushita bw’inkende, Monkey Pox (Mpox), ndetse ko bari kwitabwaho n'abaganga. Aganira n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazama(RBA), Dr. Edisson Rwagasore, Umuyobozi muri RBC, Ushinzwe kurwanya indwara z’ibyorezo yagize ati “Ikigo gishinzwe ubuzima, RBC kimaze gutahura abarwayi babiri twasanzemo indwara y’ubushita bw’inkende, ariyo...

Mu Rwanda havutse abana b’impanga 8,901 muri 2023

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), ku mibare y’ingenzi mu buzima n’imibereho by’Abanyarwanda (Rwanda Vital Statistics Report) yo muri 2023,  igaragaza ko muri uwo mwaka, mu Rwanda havutse abana 334, 018,banditswe mu irangamimerere, muri bo 8,901, bangana na 2.7% bari impanga - nukuvuga abana babiri cyangwa hejuru yabo. Iyi raporo yasohotse muri Gicurasi 2024,...

Kurya usomeza : Ni bibi cyangwa ni byiza ?

Hari abantu bamwe bavuga ko kurya umuntu asomeza, yaba amazi cyangwa se ibindi binyobwa, ari bibi ku buzima, by’umwihariko igifu. Abo bagatanga inama ko icyiza amazi wayanywa nibura mbere y’iminota 30 ugiye kurya cyangwa se nyuma y’iyo minota umaze kurya. None se koko kurya usomeza ni bibi ku buzima bwa muntu ? Inkuru ishingiye ku bushakashatsi, yanditswe...

Soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo – Inzobere mu mirire

Inzobere mu mirire no kuboneza imirire, KWIZERA Philemon yemeza ko soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo, mu gihe bayirya kenshi. Soya, ni igihingwa cyo mu bwoko bw’ibinyamisogwe, ikabarirwa mu biribwa byubaka umubiri. Ishobora kuribwa mu buryo bwinshi, burimo kuzihekenya ari mbisi cyangwa zikaranze, kuzirya mu isosi, kuzinwa mu gikoma cg icyayi, kuzikoramo amata, kuzikoramo amavuta...